Skip to main content

Ahabanza

  • CHOGM2022: FONERWA iragaragaza ibyo ikora mu gufasha imishinga y'ibidukikije
  • #CHOGM2022: Igikomangoma cy'Ubwami bw'Ubwongereza yasuye aho FONERWA imurikira ibikorwa byayo

Ni twe Kigega kinini cy’ibidukikije muri Afurika: Dushyigikira imishinga y’ibidukikije no kurwanya imihindagurikire y’ibihe

Twemewe ku Isi Hose: Dukusanya amafaranga, agashorwa mu mishinga yo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe. Turi urugero rwiza rugaragaza ko byose bishoboka, haba muri Africa no ku isi hose

Turi ku isonga mu guharanira kubaka iterambere ridahungabanya ibidukikije: Dukusanya amafaranga, tugafatanya n’abafatanyabikorwa bacu mu guharanira kubaka ubukungu budahungabanya ibidukikije.

Imishinga minini Yacu

Umushinga wo Kongerera Ubudahangarwa Abaturage bo mu Ntara y’Amajyaruguru ku ngaruka zikomoka ku mihindagurikire y’ibihe

Umushinga wo Kongerera Ubudahangarwa Abaturage bo mu Ntara y’Amajyaruguru ku ngaruka zikomoka ku mihindagurikire y’ibihe

Guteza imbere Imiturire ihendutse kandi ibasha guhangana n’imihindagurikire y’ibihe, hifashishijwe ikoranabuhanga ridahungabanya ibidukikije

Guteza imbere Imiturire ihendutse kandi ibasha guhangana n’imihindagurikire y’ibihe, hifashishijwe ikoranabuhanga ridahungabanya ibidukikije

Ibyo Tumaze Kugeraho

Ibyo tumaze kugeraho mu gushyigikira intego y’Igihugu yo kubaka iterambere rirambye kandi ridahungabanya ibidukikije ni byinshi kandi biragaragara mu gihe gishize dushyira mu bikorwa inshingano zacu. Dukomeje iyi ntego kandi twiteguye gufatanya na buri wese ushaka gukorana natwe mu gushyigikora gahunda y’u Rwanda yo kurengera ibidukikije no guhangana n’imihindagurikire y’ibihe.

247 Miliyoni z' amadorari
zarakusanyijwe
176188 Imirimo
yarahanzwe
88327 Ingo
zafashijwe kugera ku ngufu zitangiza ibidukikije
126014 Toni
z’imyuka yangiza ikirere zarakumiriwe
46 Imishinga
Yatewe inkunga
120340 Abantu
bafashijwe kubaka ubudahangarwa ku ngaruka zikomoka ku mihindagurikire y’ibihe
46928 Hegitari
z’ubuso buteweho amashyamba n’ibiti bivangwa n’imyaka
31226 Hegitari
z’ibyogogo byabungabunzwe

Inzego Twibandaho

Mu gihe dushyize imbere kubaka iterambere rirambye, ntabwo duhitamo gusa iterambere ngo twirengagize ibidukikije. Ahubwo tugomba gushaka uko ibi byombi bigendana kubera ko biruzuzanya
- Nyakubahwa Kagame Paul,

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.

Abafatanyabikorwa bacu